Featured

YOUTH FELLOWSHIP

Ministry to young people is a vital part of the work of our Diocese.  Youth ministry in the Diocese of Kigeme is all about introducing all young people to Jesus and helping them home to heaven. Fellowship is the one way connecting them together.

Youth Services are:

  • Friday at 5:00 pm
  • Sunday at 3:00pm

“Single Mothers” umushinga ufasha abakobwa babyariye iwabo

Single mothers ni umushinga wa EAR Diyoseze Kigeme watangijwe mu kwezi kwa nyakanga 2022, ufasha abana b’abakobwa babyaye bataragera imyaka y’ubukure wibanda cyane ku bari munsi y’imyaka 21 kandi baturutse mu matorero atandukanye akorera mu nkengero za EAR Diyoseze Kigeme.

Single Mothers yatangiye gukorana n’abakobwa batewe inda zitateganyijwe bo mu nkambi no mu maparuwasi yegeranye n’inkamba y’impunzi z’abanyekongo ya kigeme. Umushinga ubafasha binyuze mu nkingi zitandukanye ariko bibanda cyane ku bujyanama binyuze mu mahugurwa bahabwa,ubugingo ,ibikoresho by’isuku ,bababumbiye kandi mu matsinda yo kuzigama no kugurizanya.

Madame Musabyimana Valerie Umuyobozi mukuru wa Mothers Union muri EAR Diyoseze Kigeme ati”Mugutangiza gahunda yo kwita kuri aba bana twabonye ko ari ikibazo gikomeye cyane kandi kibangamiye abaturage muri aka gace.Mu rwego rwo kububunga ubusugire bw’umuryango dufata umwanzuro gufasha aba bana ngo bigarurire icyizere kandi biyumve mu muryango nyarwanda, bongere bagarukire Imana,bikure mu bukene,basubizwe mu ishuri kandi bakire ihungabana batewe n’ibyababayeho [……]”

Mukashema clementine umufashamyumvire mukuru  yasobanuye ko aba bana bari baraheranywe n ‘agahinda,ati”Kuva iyi gahunda yajyaho abana barabohotse kuko mbere y’uko uyu mushinga uza  bari mugahinda gakabije ariko ubu turi kugenda tubafasha gutuza no kwiyitaho,ndetse turabahugura kenshi kuburenganzira bw’umwana.

Abari muri uyu mushinga bavuga ko hari byinshi byahindutse mu mibereho yabo no mu miryano yabo muri rusange, Manirakiza Margret ati.”uyu mushinga  waratwegereye  baratuganiriza  twari mu bwigunge ariko ubu twibonye mu  miryango no mu itorero kandi twigaruriye ikizere, ubu dusigaye twumva  ubuzima bugenda bugaruka ugeranyije na mbere y’umushinga”.

Dushimimana Angelique ati.”uyu mushinga ni mwiza cyane batubumbiye mu gkugfhbgvyo kuzigama no kugurizanya ,turaza bakabanza bakaduhbnbhugura mu matsinda yacu,hanyuma umuntu akaba yaguzamo amafaranga agahanga umushinga uciriritse ubyara inyungu kugirango ndusheho kwita ku buzima bw’umwana wanjye.

“Single Mothers” umushinga ufasha abakobwa babyariye iwabo

 

Single mothers ni umushinga wa EAR Diyoseze Kigeme watangijwe mu kwezi kwa nyakanga 2022, ufasha abana b’abakobwa babyaye bataragera imyaka y’ubukure wibanda cyane ku bari munsi y’imyaka 21 kandi baturutse mu matorero atandukanye akorera mu nkengero za EAR Diyoseze Kigeme.

Single Mothers yatangiye gukorana n’abakobwa batewe inda zitateganyijwe bo mu nkambi no mu maparuwasi yegeranye n’inkamba y’impunzi z’abanyekongo ya kigeme. Umushinga ubafasha binyuze mu nkingi zitandukanye ariko bibanda cyane ku bujyanama binyuze mu mahugurwa bahabwa,ubugingo ,ibikoresho by’isuku ,bababumbiye kandi mu matsinda yo kuzigama no kugurizanya.

Madame Musabyimana Valerie Umuyobozi mukuru wa Mothers Union muri EAR Diyoseze Kigeme ati”Mugutangiza gahunda yo kwita kuri aba bana twabonye ko ari ikibazo gikomeye cyane kandi kibangamiye abaturage muri aka gace.Mu rwego rwo kububunga ubusugire bw’umuryango dufata umwanzuro gufasha aba bana ngo bigarurire icyizere kandi biyumve mu muryango nyarwanda, bongere bagarukire Imana,bikure mu bukene,basubizwe mu ishuri kandi bakire ihungabana batewe n’ibyababayeho [……]”

Mukashema clementine umufashamyumvire mukuru  yasobanuye ko aba bana bari baraheranywe n ‘agahinda,ati”Kuva iyi gahunda yajyaho abana barabohotse kuko mbere y’uko uyu mushinga uza  bari mugahinda gakabije ariko ubu turi kugenda tubafasha gutuza no kwiyitaho,ndetse turabahugura kenshi kuburenganzira bw’umwana.

Abari muri uyu mushinga bavuga ko hari byinshi byahindutse mu mibereho yabo no mu miryano yabo muri rusange, Manirakiza Margret ati.”uyu mushinga  waratwegereye  baratuganiriza  twari mu bwigunge ariko ubu twibonye mu  miryango no mu itorero kandi twigaruriye ikizere, ubu dusigaye twumva  ubuzima bugenda bugaruka ugeranyije na mbere y’umushinga”.

Dushimimana Angelique ati.”uyu mushinga ni mwiza cyane batubumbiye mu matsinda yo kuzigama no kugurizanya ,turaza bakabanza bakaduhugura mu matsinda yacu,hanyuma umuntu akaba yaguzamo amafaranga agahanga umushinga uciriritse ubyara inyungu kugirango ndusheho kwita ku buzima bw’umwana wanjye.

ITANGAZO RY’AKAZI (9 Health and Community Development Social WorkerS) 18/06/2021

Ubuyobozi bwa EAR Diyoseze Kigeme, burashaka abakozi 9 bashinzwe ubuzima n’iterambere ry’umuryango (Health and Community Development Social Worker) mu mishinga ifasha abana iterwa inkunga na Compassion International ikurikira:

  • RW0724 EAR Mugombwa uherereye mu Karere ka Nyamagabe, Umurenge wa Cyanika, Akagari ka Nyanza.
  • RW0725 EAR Uwinkomo uherereye mu Karere ka Nyamagabe, Umurenge wa Tare, Akagari ka Gasarenda.
  • RW0747 EAR Nyarwungo uherereye mu Karere ka Nyamagabe, Umurenge wa Gatare, Akagari ka Shyeru.
  • RW0755 EAR Gitantu uherereye mu Karere ka Nyamagabe, Umurenge wa Gasaka, Akagari ka Nzega.
  • RW0780 EAR Shaba uherereye mu Karere ka Nyamagabe, Umurenge wa Kitabi, Akagari ka Shaba.
  • RW0742 EAR Cyivugiza uherereye mu Karere ka Nyaruguru, Umurenge wa Nyaruguru, Akagari ka Mata.
  • RW0781 EAR Rugote uherereye mu Karere ka Nyaruguru, Umurenge wa Ruramba, Akagari ka Rugogwe.
  • RW0796 EAR Nkorwe uherereye mu Karere ka Huye, Umurenge wa Maraba, Akagari ka Buremera.
  • RW0748 EAR Kirambi uherereye mu Karere ka Nyanza, Umurenge wa Nyagisozi, Akagari ka Kirambi.
    • Ibisabwa kuri uyu mwanya :

    • Kuba yarize rimwe mu mashami akurikira:
    • Ubuforomo (Nursing- Advanced diploma)
      Ubuzima rusange (Public health)
      Ububyaza (Mid-wives)
      Ubuvuzi (Clinical Medicine)
      Ubuzima bwo mu mutwe (Mental Health)
      N’andi masomo asa navuzwe haruguru (Other related fields).

    • Kuba ari umunyarwanda utarengeje imyaka 40 y’amavuko.
    • Kuba atuye mu murenge umushinga ukoreramo cyangwa se yiteguye kuhimukira akahatura mu gihe cyose yazaba ari mukazi.
    • Kuba ari umukiristo wavutse ubwa kabiri afite ubuhamya bwiza mu Itorero rye, kandi ari mu Itorero rifitanye ubufatanye na Compassion International.
    • Kuba afite equivalence mu gihe yize hanze y’u Rwanda.
    • Ku bize ubuforomo agomba kuba afite certificate y’urugaga rw’abaforomo n’ababyaza.
    • Mu gihe yize ibindi bisigaye agomba kugaragaza icyemezo ko ari mu rugaga rw’inama y’igihugu y’inzobere mu by’ubuzima mu Rwanda (Rwanda Allied Health Professional Council – RAHPC).
    • Kuba atarakatiwe n’inkiko igifungo kirenze amezi 6.
    • Kuba ari indakemwa mu mico no myifatire by’umwihariko ntaho yagaragaweho ibigendanye n’ihohoterwa rikorerwa abana.
    • Kuba azi neza kuvuga, gusoma no kwandika Ikinyarwanda n’icyongereza.
    • Kuba afite imyaka y’amavuko iri hagati ya 21- 40.
    • Kuba aramutse atsindiye umwanya w’akazi yiteguye kuba yahita atangira akazi.
    • Kuba amenyereye gukoresha neza mudasobwa mu maporogaramu atandukanye (MS Word, MS Excel na Internet).
    • Kuba adafite indi contrat y’akazi ahandi.
      • Ibya ngombwa bisabwa ni ibi bikurikira:

      • Ibaruwa yandikiwe Umwepisikopi wa EAR Diyoseze Kigeme iherekejwe n’umwirondoro (CV) uriho ifoto ngufi y’ibara n’ibindi byemezo (certificats, attestations) yaba afite.
      • Icyemezo cya Pasitori cy’ubuhamya bwa gikristo (cyangwa cy’umukirito ushimwa) kitarengeje amezi atatu (3mois) gitanzwe n’Itorero rye.
      • Fotokopi y’indangamuntu.
      • Fotokopi y’impamyabumenyi (Diplome) n’iya Equivalence ku bize hanze (uzatsindira uwo mwanya azasabwa gutanga ibyangombwa biriho umukono wa noteri n’ibindi bikenewe mbere yo gutangira akazi).
      • Ibyemezo byanditse by’abantu bamuzi neza nibura batatu (3) b’abakristo batari abo mu muryango we bamutangira ubuhamya, biriho nimero za telefoni zabo na kopi z’indangamuntu zabo.
      • Ikemezo cy’uko atigeze akatirwa igifungo k’iremezo kirengeje amezi atandatu (6).
        • Kurangiza kwakira inyandiko z’abifuza gupiganirwa ako kazi ni ku wa 18/06/2021 isaa sita z’ijoro (00h00) kuri email dkigemeear@yahoo.fr byose biri mu nyandiko imwe ya PDF (abemerewe gukora ikizamini k’ijonjora bakazaza kugikora bazitwaje). Abujuje ibisabwa batoranirijwe gukora ikizamini cyanditse (Preselected candidates) bazabimenyeshwa, kandi urutonde rwabo ruzagaragara ku biro bya EAR Diyoseze Kigeme no ku biro bya Paruwasi iyo mishinga iherereyemo ku wa 21/06/2021, ari naho hazatangarizwa itariki yo gukora ikizamini k’ijonjora n’aho kizakorerwa.

          Bikorewe ku Kigeme, ku wa 04/06/2021

          Umwepisikopi n’Umuvugizi wa EAR Diyoseze Kigeme
          Musenyeri MUSABYIMANA Assiel
          Itangazo ry'abashinzwe ubuzima p1
          Itangazo ry'abashinzwe ubuzima p2

          ITANGAZO RY’AKAZI – Survival and Early childhood Implementer (18/06/2021)

          Ubuyobozi bwa EAR Diyoseze Kigeme, burashaka Umukozi umwe ushinzwe iterambere ry’abana b’impinja n’ababyeyi (Survival and Early childhood Implementer) mu mushinga RW0724 EAR Mugombwa ukorera muri EAR Paruwasi Mugombwa iherereye mu Kagari ka Nyanza, Umurenge wa Cyanika, Akarere ka Nyamagabe.

          Ibisabwa kuri uyu mwanya :

          • Kuba yarize rimwe mu mashami akurikira:

          Uburezi by’umwihariko uburenzi bw’abana b’incuke (Education in Early Childhood Development)
          Ubuforomo (Nursing- Advanced diploma)
          Imibereho myiza n’iterambere (Social work and social development)
          Imitekerereze (Psychology)
          Ubujyanama (Guidance and counseling)
          Iterambere ry’icyaro (Rural development)
          Amasomo arebana n’iterambere (Development studies)
          Imirire (Food and nutrition)
          N’andi masomo asa navuzwe haruguru (Other related fields)

          • Kuba ari umunyarwandakazi utarengeje imyaka 40 y’amavuko.
          • Kuba atuye mu murenge umushinga ukoreramo cyangwa se yiteguye kuhimukira akahatura mu gihe cyose yazaba ari mukazi.
          • Kuba ari umukirisitokazi wavutse ubwa kabiri afite ubuhamya bwiza mu Itorero rye, kandi ari mu Itorero rifitanye ubufatanye na Compassion International.
          • Kuba afite equivalence mu gihe yize hanze y’u Rwanda.
          • Ku bize ubuforomo agomba kuba afite certificate y’urugaga rw’abaforomo n’ababyaza.
          • Mu gihe yize ibindi bisigaye agomba kugaragaza icyemezo ko ari mu rugaga rw’inama y’igihugu y’inzobere mu by’ubuzima mu Rwanda (Rwanda Allied Health Professional Council – RAHPC).
          • Kuba atarakatiwe n’inkiko igifungo kirenze amezi 6.
          • Kuba ari indakemwa mu mico no myifatire by’umwihariko ntaho yagaragaweho ibigendanye n’ihohoterwa rikorerwa abana.
          • Kuba azi neza kuvuga, gusoma no kwandika Ikinyarwanda n’icyongereza
          • Kuba azi neza kwandika no gusoma icyongereza.
          • Kuba afite imyaka y’amavuko iri hagati ya 21- 40.
          • Kuba aramutse atsindiye umwanya w’akazi yiteguye kuba yahita atangira akazi.
          • Kuba amenyereye gukoresha neza mudasobwa mu maporogaramu atandukanye (MS Word, MS Excel na Internet).
          • Kuba adafite indi contrat y’akazi ahandi.

          Ibya ngombwa bisabwa ni ibi bikurikira:

          • Ibaruwa yandikiwe Umwepisikopi wa EAR Diyoseze Kigeme iherekejwe n’umwirondoro (CV) uriho ifoto ngufi y’ibara n’ibindi byemezo (certificats, attestations) yaba afite.
          • Icyemezo cya Pasitori cy’ubuhamya bwa gikristo (cyangwa cy’umukirito ushimwa) kitarengeje amezi atatu (3mois) gitanzwe n’Itorero rye.
          • Fotokopi y’indangamuntu.
          • Fotokopi y’impamyabumenyi (Diplome) n’iya Equivalence ku bize hanze (uzatsindira uwo mwanya azasabwa gutanga ibyangombwa biriho umukono wa noteri n’ibindi bikenewe mbere yo gutangira akazi).
          • Ibyemezo byanditse by’abantu bamuzi neza nibura batatu (3) b’abakristo batari abo mu muryango we bamutangira ubuhamya, biriho nimero za telefoni zabo na kopi z’indangamuntu zabo.
          • Ikemezo cy’uko atigeze akatirwa igifungo k’iremezo kirengeje amezi atandatu (6).

          Kurangiza kwakira inyandiko z’abifuza gupiganirwa ako kazi ni ku wa 18/06/2021 isaa sita z’ijoro (00h00) kuri email dkigemeear@yahoo.fr byose biri mu nyandiko imwe ya PDF (abemerewe gukora ikizamini k’ijonjora bakazaza kugikora bazitwaje). Abujuje ibisabwa batoranirijwe gukora ikizamini cyanditse (Preselected candidates) bazabimenyeshwa, kandi urutonde rwabo ruzagaragara ku biro bya EAR Diyoseze Kigeme no ku biro bya Paruwasi iyo mishinga iherereyemo ku wa 21/06/2021, ari naho hazatangarizwa itariki yo gukora ikizamini k’ijonjora n’aho kizakorerwa.

          Bikorewe ku Kigeme, ku wa 04/06/2021

          Umwepisikopi n’Umuvugizi wa EAR Diyoseze Kigeme
          Musenyeri MUSABYIMANA Assiel

          Kigali Diocese get a new Bishop

          The newly ordained Bishop of the Anglican Diocese of Kigali, Rev. Nathan Amooti Rusengo, has said that he will put emphasis on the use of digital platforms in evangelism as he sets sight on endearing the gospel towards the urban youth.

          Officially ordained yesterday by fellow bishops, Rusengo replaces the long-serving, Louis Muvunyi, who has been Bishop of Kigali for about nine years.

          Muvunyi relinquished his position following a request from fellow bishops who requested him to pursue a PhD after which he will head a new theology school that the church plans to set up in about four years.

          Rusengo has been serving as the bishop of Cyangugu Diocese. He is not new to the Kigali Diocese having served as a pastor as well as a secretary in the Diocese before he moved to Cyangugu.

          Kigeme Diocese in the community

          K igeme Diocese operates its activities in community of four Districts: Nyamagabe, Nyaruguru, Nyanza and Huye of the southern province of Rwanda. To fullfill its vision “to be a Church that glorifies God and blesses the nations,” Kigeme Diocese has put in place different departments. One of them is Department of planning and development.
          Planning and Development department works in community by participating in holistic development in making systematic accompaniments. Kigeme Diocese participates in community work in arm with other partners. It works through different programs such as Saving and credit Program, Food Security Program, Environmental protection program, Health mums Program, promoting Justice and reconciliation, Fourteen projects supported by Compassion International, among others.

          Saving and Credit Program aims at developing community through putting people in saving and credit associations. In this program, people save money and offer loans among them to run small businesses. In their saving associations they are given different trainings for sustainable holistic development. Currently, the program counts more than 1280 saving associations with over 16000 members.
          Church facilitators located in each parish have been trained to take care of saving associations day today.
          Through Food Security Program, EAR Kigeme Diocese promotes food security in community through trainings about agricultural process, animal feeding, milk production and milk safety, diseases prevention and environmental protection process. There are para-veterinary workers who are based in community and look after domestic animals. Kigeme Diocese owns Milk Collection Center (MCC) that helps local community to access pasteurized milk.
          Kigeme Diocese also is active member of District Joint Action Forum (DJAF). In last open-day (accoutability day) of activities 2017-2018 Kigeme won 3rd place of best exhibitor.

          Gahini Anglican Diocese gets new bishop

          Manasseh Gahima is the new bishop of Gahini Anglican Diocese, following his enthronement on Sunday to replace long serving Bishop Alexis Bilindabagabo

          Bilindabagabo had led the diocese since its creation 22 years ago

          Gahima, 49, was consecrated bishop on May 28, 2017 in Kayonza District and has since been serving as Bilindabagabo’s assistant.

          He took over the reigns at the historically renowned diocese on Sunday in a ceremony attended by national leaders, including cabinet ministers, senators and heads of different parastatals, among others.

          The event, which was presided over by Archbishop Laurent Mbanda, attracted thousands of Christians including senior leaders of the Anglican community in Rwanda, and clerics from East African countries, Australia, and USA, among others.

          “Now that we have turned a new chapter, we expect renewed effort to continue advancing the diocese under new leadership,” Mbanda said, congratulating Bilindabagabo, whose shoes he said would be difficult to fill.

          He, however, urged the new prelate to make use of his experience serving in the same diocese, saying that the congregation and, generally, the people in the jurisdiction of the diocese looked up to him.

          “We are not required to be completely the same as the ones we replace,” Mbanda said, adding that everyone has their style of leadership but the result is what counts.

          At a personal level, he said he knows the new bishop as a person who delivers.

          “Be strong and courageous, count on God to lead your way, remember that God already promised that He is with you,” he said, making reference to biblical story of Joshua, who was replacing Moses, on the role of leading Israelis back to the Promised Land.

          He said Gahima should use the values of Joshua such as bravery, integrity, and following God’s guidance to get His flock to the Promised Land.

          In his speech, Gahima said that he is always humbled whenever called upon to serve the Lord.

          “I always take time to reflect if really I act as a servant of God and every time I reflect, it sort of renews my commitment and determination to deliver for the people I am entrusted to lead on behalf of God,” he said.

          The incoming bishop announced that he will maintain a programme dubbed “Tubashake”, established by his predecessor, as an outreach programme where the clergy go to the community instead of the members of community coming to them.

          Gahima also promised to sustain efforts to champion development in the region, saying that spiritual growth should go in tandem with general development of families, community and the nation at large.

          “We will encourage our Christians to participate in different government programmes like Umuganda, Umugoroba w’Ababyeyi and mediators’ committees (Abunzi) to promote Rwandan values and national development,” he said.

          The Minister for Local Government, Prof. Anastase Shyaka, appreciated the continued partnership between religious organisations and government in the development of the population.

          He particularly thanked the Anglican Church for their role in the development of sectors like education and health.

          “We appreciate that in these 25 years after the Genocide against the Tutsi, the Anglican Church has been a dependable partner in rebuilding and transforming our country.

          “On behalf of President Paul Kagame, I want to commend Bishop Bilindabagabo for successfully discharging his responsibilities in the last 22 years as leader of Gahini Diocese,” he said.

          Who is Gahima?

          Manasseh Gahima was born on December 19, 1970. He is married to Rose Gahima with whom they have eight children.

          From 1995 to 1997, he was the deputy headmaster in charge of Anglophone studies at Lycée de Kigali.

          In 1997, he became bourgmestre of former Karangazi Commune, which is part of today’s Nyagatare District, and from 2004 to 2005, he became the bourgmestre of former Gabiro Commune.

          Subsequently, Gahima dedicated himself to Anglican Church. He now has a doctorate in theological studies.

          About the Diocese

          One of the 11 dioceses of the Anglican Church in Rwanda, Gahini Diocese sits on Gahini hill and has 59 parishes and 280 sub-parishes.

          It serves an estimated 100,000 Christians in the districts of Nyagatare, Gatsibo and Kayonza in Eastern Province.

          It is in Gahini, that in 1926, Reverend Halord Guillebaud baptised the first converts in Rwanda and started translating Christian literature in Kinyarwanda.

          Gahini hill was declared a Regional Revival Heritage Centre in February 2017. The centre is undergoing redevelopment.

          The Rwanda Anglican Mission movement established its first station at Gahini in 1925 and grew through the revivals of the 1930s and 1940s, spreading across the globe.

          Anglican Church ordains new Bishop for Kigali

          The newly ordained Bishop of the Anglican Diocese of Kigali, Rev. Nathan Amooti Rusengo, has said that he will put emphasis on the use of digital platforms in evangelism as he sets sight on endearing the gospel towards the urban youth.

          Officially ordained yesterday by fellow bishops, Rusengo replaces the long-serving, Louis Muvunyi, who has been Bishop of Kigali for about nine years.
          Muvunyi relinquished his position following a request from fellow bishops who requested him to pursue a PhD after which he will head a new theology school that the church plans to set up in about four years.
          Rusengo has been serving as the bishop of Cyangugu Diocese. He is not new to the Kigali Diocese having served as a pastor as well as a secretary in the Diocese before he moved to Cyangugu.

          The enthronement ceremony involved prayers for the new bishop by Christians, as well as vows from him that he will serve in reverence of The Lord.

          Speaking after his enthronement, Rusengo highlighted the need to stream the gospel through various digital platforms to be able to reach different urban audiences.

          “I will pay attention to urban evangelism. You see Kigali is changing, and not Kigali alone but Rwanda as a country. Things change one by one, little by little,” he said. “Roads are changing, houses are changing and (the use of) technology has increased which means that the way we used to approach people with the gospel needs to change. We need to learn to speak to people via WhatsApp and YouTube. We need to think for a way how we can change evangelism to reach these urban populations.”

          The bishop echoed the need for positive changes in the church’s infrastructure,

          “There are some church facilities that don’t glorify God. We need to upgrade them. If you (Christians) have upgraded your own houses, why don’t we upgrade the house of God?”

          Rusengo also stressed that he will work on the education of pastors.

          Outgoing Bishop Louis Muvunyi thanked Christians and pastors of Kigali Diocese for standing with him and his family for the time of his service.

          “When I became a pastor, I didn’t know that I would be a bishop but God made me one in a surprising and pleasing way,” he said.

          Kigali Diocese is one of the 11 Dioceses of Anglican Church of Rwanda. It has six Archdeaconries with 41 parishes, 192 local churches.

          The Diocese operates in three districts of Kigali city—Nyarugenge, Kicukiro and Gasabo as well as two districts of Eastern Province—Rwamagana, Bugesera. This is in addition to Rulindo and Gakenke districts in the Northern Province.

          editor@newtimesrwanda.com